Indege zo mu bwoko bwa MIG zatangiye imyitozo zitegura kujya kurasa Kigali byatumye ibikorwa by'indege za gisivili zihagarara kubera umutekano.
Kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2022, mu kirere cya Goma hatangiye imyitozo y'indege za gisirikare zitegura kujya guhangana n'u Rwanda,izo ndege zikaba ziri guhagurukira ku kibuga cya Kavumu mu mujyi wa Bukavu,zikagwa ku kibuga cy'indege cya Goma.
Nk'uko byagaragaye mu mashusho yagiye akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga abaturage bishimiye icyo gikorwa ariko bakaba basaba koi zo ndege zigomba kurasa mu Rwanda hose.
No comments:
Post a Comment